Iki kibanza kirimo inzu yimbyumba 3 na salon ifite igikoni hanze douche na toilet ariko ntabwo bikoze neza cyane ikaba iherereye mu karere ka kicukiro umurenge wa Masaka ahantu hari gutera imbera cyane mu buryo budasanzwe,murabiziko ibitaro bikomeye muri Africa ndetse no mu Rwanda bya Ircade Africa biherereye hano I Masaka.rero umuntu ufite gahunda ansange inbox 0785312509 tuvugane.hafite 14/20 m
FREE