Nkuko mubibona uyu niwe byose kugeza iyi saha namagingo Aya yakoze imanuka uko mubibona uko mubibona ubu Niko nkaba ndi umwana we akaba yaratubyaye turi 2 ngewe mfite imyaka 18 ningewe wavugako ndimukuru ariko ntag ntacyo nimarira turumuna twange 2 turandeba inzara yatwishe ariko ntag nacyo ndibubikoreho nkaba nasabaga ubufasha muntu ufite umutima More
FREE