Ngufitiye ikibanza cyiza cyane kiri ku muhanda wa kaburimbo uzava i kabuga ujya ku kibuga cy'indege cya Bugesera aho bita mu kabagore gifite 20/30 urumvako wakatamo 2 kirashaka 1700000Frws. Gusa ni heza ndahagutuye, uba witegeye ikibuga neza. Tel:0784457574
$1,700,000