IMARI IGURISHWA AMAFARANGA MAKE NINKA CYAMUNARA Inzu nziza cyane yubatse neza Kandi ikomeye igurishwa. Iherereye mu murenge wa kinyinya, ahitwa I Batsinda, ku musozi Apostle Gitwaza agiye kubakaho Zion Arena Ni inzu ifite: -Top roof imeneye Dare hejuru aho ushobora kumesera, kwanika imyenda cyangwa kuganirira, ushobora no gushyirayo ikindi Cyumba. More
RWF28