Iyi nzu iri mugipangu, iherereye I Rubavu mu murenge wa Rubavu, akagali ka Byahi,ahantu heza, iragurishwa make kuko twayikatuye ubu noneho wayigura 24 millions RW FRS. Ifite ibyumba 4 na salon na salle a manger na wc1 munzu,iri mukibanza kinini gifite 20/30. Iri kumuhanda,amazi , umuriro birahari, Iyishaka waduhamagara. Call/what's app:0783303527
FRw24,000