Rwamagana mu mugi rwagati ku mu sigiti aho bita buswayilini hari imiturire myiza ndetse kuri Restorent yo Kwa Said. Ifite ibyumba 5 kandi binini Salon Salle a manger Douche na toilet Ifite plafon nziza ya langette nkuko bigaragara ku mafoto. Nyirayo akeneye umu client uri tayari Ku mafaranga Millioni 15 gusa ariko hazamo n' ubwumvikane kuwaba afite cash. Nababwiyeko mwese mwese nzabatuza bijyanye n' ubushobozi bwanyu. Nawe rero mpamagara cy unyandikire kuri WhatsApp 0788771468
FRw15