Hello my people, Gucukuka kw'amenyo biterwa nuko umuntu aba yarariye amasukari haba mubiribwa cyangwa mubyo kunywa nk'icyayi ,igikoma,nibindi maze ntiyibuke koza amenyo cg akayoza nabi . Bigenda gute? Mukanwa hasanzwe habamo bacteria zitagize icyo zitwaye zifasha gutuma tumererwa neza mukanwa rero iyo harimo amasukari bacteria ziza zikurikiye isukari maze bigakora acid ariyo icukura amenyo . Bigenda bite iyo yacukutse ?? Baratahoma bikaba birakemutse . Iyo batayahomye bigend gute?? Arakomeza agacukuka akazakuka .For more :Tel:0791511398
$1